Mu nkuru zacu zabanje twabagejejeho amwe mu makosa akorwa n’abagore bubatse ,ndetse ashobora gusenya urugo ,kubera ibyifuzo bya benshi bifuje ko twabagezaho n’amwe mu makosa akorwa...
Burya iyo abantu bakundana kubabarira no kwihanganirana ni ngombwa, ariko hari urugero imbabazi z’abakundana zigomba kugarukiraho, cyane cyane iyo umwe mu bakundana akosereza undi ukabona asa...
Akenshi iyo umuntu avuze kwitwa umugabo ntabwo benshi babisobanukirwa neza, burya bivuze ko hari inshingano zikomeye ziba zikugiye ku mutwe. Kuba watera inda umugore cyangwa ukamufasha...
Burya gushinga urugo ni ibintu byiza cyane, ariko bikarushaho iyo ubana nuwo mukundana by’ukuri. Umugore ufite umugabo aba yifuza gukundwakazwa cyane ndetse n’umugabo ufite umugore akifuza...
Urubuga Elcrema rutangaza ko mu mibanire y’umugabo n’umugore hashobora kuzamo amakosa ashobora gutuma urugo rusenyuka.Uru rubuga rwerekana amakosa 10 umugore ashobora gukora atazi ko arimo guhemukira...
Ikaze mu gice cya nyuma cy uruhererekane rw ikiganiro cyacu kigaruka ku rugamba rwa Dien Bien Phu, urugamba rwashyize akadomo ku buhangange bw abafaransa mu by...
Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa bakundana afite ibimenyetso bigaragara ko azavamo umugore mwiza. Ibi ni...
N’ubwo uburaya abantu babufata nk’ikintu kigayitse ariko hari amabanga aba bakobwa bicuruza bagira mu rwego rwo kureshya abagabo umugore yabigiraho nawe akaba yabasha gushimisha no kwegukana...
Gatanya ni ikintu gikomeye kuri buri muntu yaba ari wowe yaturutseho cyangwa ari mugenzi wawe,buri muntu ajya gushinga urugo yifuza kugira umuryango kandi wishimye iyo habayeho...
Amagambo yagufasha kongera gukundana n’uwo mwahoranye . Imitoma yafasha abatandukanye kongera gusubirana Niba waratandukanye n’umukunzi wawe ukaba ushaka ko akugarukira, mubwire aya magambo urebe ngo arakugarukira...
Hari ibintu byinshi byiza umusore ukunda umukobwa by’ukuri amukorera ariko hari n’ibintu adashobora kugukorera ukamenya ko atagukunda by’ukuri. Umusore/umugabo ugukunda ntazigera akora bino bintu bikurikira: 1.Kuguhanganisha...
Ababyeyi b’umuntu baba bakomeye mu buzima bakwiye kubahwa no kwitabwaho ariko iyo ufite uwo mwashakanye biba bikwiye ko umuha umwanya wa mbere kurusha abandi bose. Mu...
Ikaze kuri wowe wiyemeje kuza kubana natwe mu gice gikurikiye mu ruhererekane rw inkuru zacu aho uyu munsi tugaruka ku rugamba rwa Dien Bien Phu aho...
Guca inyuma uwo mwashakanye akenshi bivugwa iyo umwe mu bashakanye akundanye cyangwa akoze imibonano mpuzabitsina n’undi mugabo cyangwa umugore. N’ubwo ibyo ari byo ariko hari n’ibindi...
Abakundana batumvikana,biba bisa nko kuba mu mwijima,iyo mutumvikana nta na rimwe n’urugo rwanyu ruzagaragaramo amahoro,iki nicyo kibazo cyugarije ingo muri iyi minsi,ari nayo mpamvu Abasomyi b’Ikinyamakuru...
Abasore n’inkumi bajya bakunda ndetse ukaba wanamenya ko uwo ukunda atagukunda ariko kumwikuramo bikanga ugakomeza guhatiriza wizeye ko azagera aho akagukunda. Nyamara bishobora kuba ari uguta...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.