in

“Biteye isoni kubona umujeni ari gucira inkondo” KNC ababazwa cyane n’amahirwe urubyiruko rufite ariko bose bakaba barashiriye mu tubari no mu mico idahesheje Imana icyubahiro ngo ni agatwiko 

“Biteye isoni kubona umujeni ari gucira inkondo” KNC ababazwa cyane n’amahirwe urubyiruko rufite ariko bose bakaba barashiriye mu tubari no mu mico idahesheje Imana icyubahiro ngo ni agatwiko

Umushoramari Kakoza Nkuriza Charles ‘KNC’ yongeye kugaruka ku kibazo cy’urubyiruko gikomeje kuba ingutu kubera ko hafi ya bose nti bitaye ku iterambere ryabo ryejo hazaza ahubwo bose barangamiye inzoga n’ibindi bidafite akamaro.

KNC udasiba kugira inama urubyiruko yongeye gutakamba asaba urubyiruko aho ruva rukagera ko niba hari igihe umuntu apfira mo cg agakiririramo ari mu myaka yo kuba urubyiruko.

Ni muri uwo mujyo KNC yasabye abajeni kuba abakirira muri ayo myaka aho kuyipfira mo.

Ni ibiganiro byinshi KNC agenda akora bigaruka ku rubyiruko abahugura ndetse akitangaho urugero avuga ko ibyo yagezeho byose ari uko yirinze ibimuyobya agakurikira imbaraga ishyaka n’umurava bye yari afite byo gukora.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Njye mbonye ama beer” Abantu biganjemo abagabo bakomeje gutangazwa n’umugeni ufite imyanya y’ibanga y’abagabo kandi ari umugore (AMAFOTO)

Ikipe ya Rayon Sports yahinduye igihe izatangirira imyitozo kubera impamvu ikomeye amakipe menshi hano mu Rwanda ahuriyeho