in ,

Ese uzi imyaka u Rwanda rumaze rubonye ubwigenge? Menya byinshi kuri uyu munsi mukuru w’ubwigenge bw’u Rwanda

Ese uzi imyaka u Rwanda rumaze rubonye ubwigenge? Menya byinshi kuri uyu munsi mukuru w’ubwigenge bw’u Rwanda.

None ni italiki ya 1 Nyakanga, ni umunsi w’amateka ku Rwanda ndetse n’inshuti zarwo.

Taliki nk’iyi mu 1962 ibyishimo byari byose ku batura Rwanda kuko igihugu cyari kimaze kubona ubwigenge, kitakiyobowe n’abakoroni.

Muri uyu mwaka kandi nibwo u Rwanda rwabaye Repuburika rukareka kuba ubwami. Ni nabwo u Rwanda rwagize Umu Perezida wa mbere.

None turi taliki ya 1 Nyakanga 2023, ubu I Rwanda rurizihiza isabukuru y’imyaka 61 ishize rubonye ubwigenge.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umwami w’igishegu” Junior Rumaga yashyize hanze igisigo yise ‘Igisabisho’ yakoranye na Saranda maze bamwe batangira kuvuga ko ari igishegu (AMAFOTO na VIDEWO)

“Barambeshyeye” Bwa mbere Nsanzimfura Keddy wakuwe muri APR FC kubera ikinyabupfura cye kigerwa ku mashyi, yavuze ukuntu bamubeshyeye