in

Rekera aho kwitwaza ubukene wa musore we: Dore uburyo ababyeyi bawe batigize bakubwira budasaba amafaranga wakoresha ukereka uwo wihebeye ko umukunda cyane

Rekera aho kwitwaza ubukene wa musore we: Dore uburyo ababyeyi bawe batigize bakubwira budasaba amafaranga wakoresha ukereka uwo wihebeye ko umukunda cyane

Muri iyi minsi bamwe mu basore ukoze ho bakubwira ko batajya mu rukundo nta mafaranga bafite.

Gusa igihari ni uko hari ibyo wakorera uwo ukunda bitagusabye kwikokora ngo utange ibya mirenge.

Tugiye kugaruka ku bintu bimwe na bimwe wakoresha ushaka kwishimana numukunzi wawe ndetse bikamwereka ko umukunda  kabone niyo waba udafite amafaranga menshi.

1.Kumuha ubutumwa bwa buri gitondo 

Niba ubyutse , mwoherereze ubutumwa bugufi , niba mubana mwandikire akandiko gato kandi kazakumukora ku mutima mu gihe wowe uraba udahari.

2. Mugurire indabo

Ibi bigire umuco rwose, mu gihe ushaka ko uwo mukundana akomeza gutoha nk’ururabo, mugurire indabo zahato na hato.

3.Muhorane 

Igihe kinini mu kwiriye kukimarana.

4.Irinde Telefone mu gihe muri kumwe 

5.Panga uburyo muzajya musohokana

Ningombwa ko umusohokana kugira ngo mumarane agahe.

6.Hora umwibutsa ko ari mwiza cyane

Iteka ukwiriye guhora umwibutsa ko ari mwiza mu maso yawe kugira ngo urukundo rwanyu ruhore ku ruhimbi

7.Mujye mukunda kurebana filime mukunda

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babyemera batabyemera azabayobora! Umukinnyi w’umunyarwanda ni we Kapiteni wa APR FC nubwo hari bamwe batabyemera bashaka ko bayoborwa n’umunyamahanga

Ntugatume umugabo wawe agenda mutabikoze! Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza 3 byo gutera akabariro mu gitondo ku bashakanye