in ,

Ntugatume umugabo wawe agenda mutabikoze! Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza 3 byo gutera akabariro mu gitondo ku bashakanye

Ntugatume umugabo wawe agenda mutabikoze! Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza 3 byo gutera akabariro mu gitondo ku bashakanye

Ubushakashatsi bwagaragaje ko imibonano mpuzabitsina ikozwe mu gitondo ku bashakanye ari ingirakamaro cyane ku bagabo ndetse n’abagore.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko iki gikorwa ari igikorwa cy’ubwirinzi, ubwirinzi mvuga ni ukurinda uwo mwashakanye. Iki gikorwa iyo gikozwe mu gitondo bigabanya gucana inyuma kw’abashakanye.

Iyo uwo mwashanye agiye kuva mu rugo mukabanza kugikora bituma ataza gutekereza abandi cyane akaba ari wowe aguma atekereza, birumvikana cyane ko biba bigoye kuba waca inyuma umuntu utekereza cyane.

Ndetse ngo kiriya gikorwa iyo gikozwe mu gitondo bituma urukundo ruri hagati y’abashakanye rwiyongera mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

Nanone iki gikorwa iyo gikozwe mu gitondo, ngo akenshi nibwo kinozwa neza kuko mwese muba muruhutse mu mutwe nta siteresi mufite.

Gusa nanone hatanzwe Ikitonderwa, ngo niba ugiye gukora iki gikorwa mu gitondo gerageza ugikore neza ukinoze kuko niba utakinogeje biratuma uwo mwashakanye yirirwa nabi ndetse bibe byatuma aguca inyuma igihe udahari.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rekera aho kwitwaza ubukene wa musore we: Dore uburyo ababyeyi bawe batigize bakubwira budasaba amafaranga wakoresha ukereka uwo wihebeye ko umukunda cyane

Ni ukumubona yiruka inyuma y’umupira gusa! Umukinnyi w’umunyamahanga ukina asatira mu ikipe ya APR FC akomeje kugaragaza urwego ruri hasi cyane ku buryo nta gihindutse kubona umwanya mu kibuga azajya abyumva kuri Radiyo