in

Byasabaga gutega igunira! Abakinnyi ba Simba SC bashyikirijwe ibifurumba by’amafaranga bemerewe _ AMAFOTO

Hifashishijwe ikintu kimeze nk'umufuka

Abakinnyi batatu b’ikipe ya Simba Sports Club muri Tanzania bashyikirijwe amafaranga bemerewe na Perezida wa Tanzania.

Perezida wa Tanzania yatangaje ko umukinnyi wese w’ikipe ya Simba Sports Club cyangwa Yanga Africans uzajya utsindira igitego muri Tanzania mu marushanwa ya CAF azajya ahabwa miliyoni eshanu z’amashilingi ya Tanzania.

Uyu munsi ubwo ikipe ya Simba Sports Club yakiraga ikipe ya Holoya mu mukino wa CAF Champions League , Simba yanyagiye iyo kipe ibitego 7 ku busa.
Uretse kuba Simba SC yahise ibona itike ya ¼, abakinnyi bayo batatu nabo bahawe miliyoni 35.

Hifashishijwe ikintu kimeze nk’umufuka

Abakinnyi bahawe amafaranga ni
Clatous Chama , uyu munya-Zambia watsinze ibitego bitatu, Jean Baleke watsinze ibitego bibiri ndetse Sadio Kanoute watsinze bibiri.
AMAFOTO:




Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haaland nyuma yo gutsinda ibitego 5 mu mukino umwe, yongeye gutsinda ikipe yo mu Bwongereza ibindi 3

Cristiano Ronaldo na Al Nassr bigobotoye Ikipe kuri hamana bakomeza gusatira igikombe