in

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bad Rama yahuraga n’umuvandimwe bari baraburanye mu myaka 30 ishize – AMASHUSHO

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bad Rama ahuraga n’umuvandimwe bari baraburanye mu myaka 30 ishize.

Imyaka 30 yari ishize Bad Rama azi neza ko umuvandimwe we witwa Moses Olivier yitabye Imana, ni nyuma yo kuburana nawe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIB yataye muri yombi umukozi wo mu rugo ukekwaho gusambanya umwana amushyira igitsina cye mu kanwa

“Erega ushatse mwatubyarira akandi kana”! Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo nyuma yo kwita izina ritangaje papa w’abana be babiri ku isabukuru ye yasabwe ikintu gikomeye -AMAFOTO