in

Byari amarira ubwo umuhanzikazi Gisele yashyingurwaga(AMAFOTO)

Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nzeri 2022, nibwo umuhanzikazi Nsabimana Gisèle Precious, wamenyekanye mu ndirimbo zihimbaza Imana uherutse kwitaba Imana yashyinguwe mu karere ka Rubavu.

Bikaba bitari byoroshye kubyakira ,kuko abantu bose bagaragazaga agahinda ku maso ndetse banarira kubera urupfu rwuyu muhanzi ,witabye Imana asize uruhinja rw’ukwezi kumwe gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rugangura Axel yaciye amarenga ko hari ikipe igiye gukora impinduka igitaraganya, Bivugwa ko ari APR FC

Umuhanzi Wizkid yakoze amateka amanuka ku rubyiniro ameze nka Malayika (Videwo)