in

Bwamusizemo imvune! Nyuma yo gukora ubukwe bw’igitangaza, Killaman yatangaje ko ubukwe bwe bwamutwaye amafaranga arenga miliyoni mirongo

Killaman uherutse gukora ubukwe bwavugishije benshi bitewe n’imyiteguro ihenze kuva mu ntangiriro kugeza ku muhango wo gusaba no gukwa.

Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, dukesha iyi nkuru, Killaman yatangaje ko buriya bukwe bwamusizemo imvune.

Yagize ati”Ubukwe bwose n’imyiteguro yabwo yantwaye miliyoni 60 Frw.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ggg
Ggg
1 month ago

Wapi zari intwererano kbs

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yasobanuye impamvu himuwe amasaha y’umukino wa Rayon Sports na APR FC

Abakinnyi 8 bose ba Rayon Sports bahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi icyarimwe