in

Bwambere Miss Muyango yagize icyo avuga ku kuba Kimenyi yaramwambitse impeta nkaho benda gukora ubukwe bikarangira banabyaye nta gatekerezo ku bukwe

Bwambere Miss Muyango yagize icyo avuga ku kuba Kimenyi yaramwambitse impeta nkaho benda gukora ubukwe bikarangira banabyaye nta gatekerezo ku bukwe.

Ni nyuma yuko abantu benshi bakomeza kwibaza ku umubano wa Uwase Muyango na Kimenyi Yves batereranye ivi ariko bakaza kubana no kubyara batarakora ubukwe, Muyango abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize icyo abivugaho.

Yagize ati ” kurambagizwa / kwambikwa impeta ntabwo ari igitutu, ahubwo ni intego. Ntabwo nakabaye ndi kumwe n’umuntu ntamubona mo ahazaza(umwunganizi mwiza w’ahazaza). Mugomba guhagarika gufata urukundo(kurambagizwa) nk’urwenya. Kuko umubano uruta ibyo byose”.

Ibi yabitangaje abinyujije mu butumwa bwatambukijwe na Crhislil kuri Instagram.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Goaal Amavubi! Amavubi atsinze Senegal igitego kiryana mu gihe Senegal yari yamaze kwizera intsinzi

Bagabo namwe bagore Ubushakashatsi bwagaragaje indyo umugabo agomba guharira umugore kuko zangiza intanga ngabo ze