in

Burera: Umugore yatanye umugabo umwana wavukanye ubumuga||umugabo aratabaza.

Umugabo witwa Nkurunziza Jean De Dieu utuye mu murenge wa Cyanika ,aratabaza asaba ubufasha nyuma y’aho umugore we amutaye ngo ni uko babyaye umwana ufite ubumuga.

Uyu mugabo aganira na BTN yatangaje ko afite ibibazo byinshi kuko adashoboye kwita kuri uyu mwana kubera ko atishoboye ndetse ko umwana yagakwiye kubona akagare k’abamugaye ariko akaba yarabuze ubuvugizi.Jean de Dieu akaba asaba ubuyobozi n’abagiraneza kumufasha kwita kuri uwo mwana .Gusa ubuyobozi bw’umurenge wa Cyanika bwatangaje ko ntabushobozi bufite bwo kwita kuri uyu mwana ariko ngo bugiye kumukorera ubuvugizi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo: umukozi wo mu rugo yaroze abantu barindwi.

Ibyabaye ku musore wateye inda umwangavu bikarangira yitabye Imana.