in

Bruce Melody yagizwe umwe mu bakomeye mu ruganda rukomeye hano mu Rwanda 

Bruce Melody yagizwe umwe mu bakomeye mu ruganda rukomeye hano mu Rwanda.

Ku mugoroba wo mu joro ryashize nibwo Bruce Melody yatangarije itangaza makuru ko ubu yamaze kubona umwanya ukomeye mu ruganda rwa Tecno hano mu Rwanda.

Ubu Bruce Melody yamaze gusinya amasezera n’uruganda rwa Tecno, yo kurubera Brand Ambassador hano mu Rwanda.

Ni mugihe kandi uyu muhanzi yari amaze igihe y’amamaza Primus imwe mu nzoga ikorwa na Bralirwa.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore umutoma umutera ntazigere agusiga – Umutoma W’umunsi

Burya na we afite inyuma: Anita Pendo yagaragaye ari kuzunguza bimwe mu bice bikurura abagabo mu buryo budasanzwe (video)