in

Bruce Melody yagaragaye yashinze ivi imbere ya Eddy Kenzo (Amafoto)

Umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda Itahiwacu Bruce uzwi cyane nka Bruce Melody yagaragaye yashinze ivi hasi imbere y’umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’Ubugande Eddy Kenzo uri kubarizwa mu Rwanda.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24 Gashyantare 2022 nibwo Eddy Kenzo yageze mu Rwanda, aho bivugwa ko yaje gukorana indirimbo na Bruce Melody.

Bruce Melody wasuwe n’uwo muhanzi, yamutembereje ku nyubako y’imikino n’imyidagaduro ikomeye hano mu Rwanda (Kigali Arena) iyo nyubako kandi ikaba ifitanye amasezerano na Bruce Melody.

Amafoto ya Bruce Melody na Eddy Kenzo kuri Kigali Arena

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwoko 4 bw’abakobwa n’icyo abasore basabwa mu gukundana nabo