in

Bruce Melody yagaragaye ari kumwe n’itungo rye ateguza abafana be ikintu gikomeye

Umuhanzi Bruce Melody umaze kwigarurira imitima y’abenshi kubera ibihangano bye bikundwa n’abenshi ndetse akaba ari mu bahanzi bahagaze neza kuri ubu.


Bruce Melody anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze yateguje abafana be indirimbo nshya mu buryo budasanzwe aho yagaragaye ari kumwe n’imbwa ye.

Benshi mu bafana be banze guhisha amarangamutima yabo maze bamuhishurira ko yabatindiye gushyira hanze iyo ndirimbo dore ko amaze iminsi nta ndirimbo nshya ashyira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rwogere: umuzungu w’umuherwe yambitse impeta umunyarwandakazi ukiri muto

Gasabo:umubyeyi aratabariza umwana we wavukanye ibice by’umubiri bidasanzwe