in

Breaking news: Sugira Ernest yamaze kugera mu ikipe nshya yo hanze y’u Rwanda

Nyuma y’uko Sugira Ernest atandukanye na As Kigali yahise abona ikipe yo hanze y’u Rwanda mu gihugu cya Syria.

Sugira Ernest yamaze guhabwa na nimero azajya yamabara mu mwaka w’imikino muri shampiyona y’icyiciro cya mbere.

Al Wahda SC yaguze Sugira Ernest n’ikipe ibarizwa mu cyiciro cya mbere Syrian Premier League aho yamaze kumvikana na Sugira kuri miliyoni 20 yamuguze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Lynda wa Zaba Missedcall yifurije isabukuru nziza Mama we

LIVE FROM KIBEHO: IGITAMBO CYA MISA Y’UMUNSI MUKURU WA ASOMUSIYO