in

Breaking news: Chelsea yasinyishije rutahizamu ukomeye w’umufararansa

Chelsea yarangije gusinyisha umukinnyi w’umufararansa Christopher Nkunku wa RB Leipzig,  uyu mukinnyi yinjiye muri Chelsea kumugaragaro muri uyu mwaka w’imikino wa 2022-2023.

Nkunku yari amaze igihe kinini yifuza gukinira kuri Stamford Bridge none Chelsea yaje gutuma inzozi ze ziba impamo nyuma yuko amasezerano ye arangiye kuwa gatandatu muri Leipzig.

Uyu mukinnyi w’Ubufaransa yatsinze ibitego 20 anatanga imipira uvamo ibitego i15 muri Bundesliga mu mwaka w’imikino ishize.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sinshishikajwe! Mu magambo y’ubwishongozi Benzema yagaramye ibyo kuza gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

AMAFOTO: Miss Mutesi Jolly yagaragaye ku kibuga i Nyamirambo ubwo Rayon Sports yacakiranaga na APR FC