in

Breaking News: Apr fc yashyizeho umuvugizi mushya nyuma y’igihe ntawuhari

Ikipe ya APR FC yashyizeho Bwana Kabanda Tony nk’umuvugizi mushya w’agateganyo w’ikipe y’ingabo z’igihugu.

Tony Kabanda yagizwe umuvugizi w’agateganyo nkuko iyi kipe yabyemeje.

Tony yari asanzwe ari umukozi ushinzwe itangazamakuru mu ikipe ya APR FC.

Kazungu Clever niwe waherukaga kuba umuvugizi w’iyi kipe aho yaje gusezererwa mu myaka yashize.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwarimukazi yatunguwe n’abanyeshuri be bamukorera ibidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko

“Nukuri tuzishima kuvumba mu bukwe bwawe”Ifoto ya Seburikoko ikomeje kurikoroza kuri Twitter