in

BK Arena ahobukera barayisana! Umuraperi Kendrick Lamar asize inkuru mu banyarwanda

Ubwo umuraperi Kendrick Lamar yaririmbaga indirimbo ye ‘akunda’ yise “Savior” yakoranye na Baby Keem na Sam Dew.

Niyo ndirimbo yashyize akadomo kuri iki gitaramo, kuko yasoje Saa sita z’ijoro n’iminota 22′. Yavuze ku rubyiniro avuga ko yishimiye ‘gutaramira i Kigali mu Rwanda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Narumugabo ntihabwa intebe koko! Manchester City itaravogerwaga ubu yagizwe insina ngufi buri wese atemaho urukoma uko yishakiye

FERWAFA yahinduye ingengabihe ya shampiyona y’u Rwanda ku munsi wayo wa 14