in

Bizimana Djihad yatangaje uko Amavubi yiteguye gukomeza kuyobora itsinda C ndetse atangaza ku yiyumva nyuma yo gufashije ikipe ye muri Ukraine kuzitabira Uefa Europe League – VIDEWO

Bizimana Djihad yatangaje uko Amavubi yiteguye gukomeza kuyobora itsinda C ndetse atangaza ku yiyumva nyuma yo gufashije ikipe ye muri Ukraine kuzitabira Uefa Europe League.

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Djihad Bizimana uri muri Côte d’Ivoire aho we na bagenzi be biteguye umukino na Bénin mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, yavuze ku mwaka mwiza w’imikino yagiriye mu Ikipe ya Kryvbas Kryvyi Rih yo muri Ukraine.

Ndetse kandi Djihad, yavuze uko biteguye umukino wa Bénin ku wa 6 Kamena 2024, aho yagize ati “Uyu mukino dufite na bo ku wa Kane navuga ko uzaba ukomeye kuko tumaze kumenyerana gukina na bo ariko gahunda ni ugutsinda.”

Bizimana Djihad ugifite amasezerano muri Kryvbas Kryvyi Rih yo muri Ukraine, cyayifashije kubona itike yo gukina Uefa Europe League nawe akazaba ari kwigaragaza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibisaba kujya kwa muganga kwipimisha! Ibimenyetso 8 bishobora ku kwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha

Yousef Rahab wanzwe na Rayon Sports yibereye i Madrid aho bibera -Amafoto