in

Nyuma yo kuburirwa irengero basanze umurambo we hejuru yinzu ye

Umugabo basanze yarapfiriye hejuru y’inzu ye y’amagorofa atatu, nyuma y’iminsi irindwi ubwo yari yarabuze.

Ku wa gatanu, tariki ya 7 Ukwakira, Ged Colgan w’imyaka 32 yaburiwe irengero mu gace ka Chapeltown ka Leeds, mu Bwongereza ariko abapolisi bavuga ko aheruka kuboneka ku ya 2 Ukwakira.

Ariko ku cyumweru nyuma ya saa sita, ku ya 9 Ukwakira, umurambo we wabonetse ku gisenge cy’inzu ye.

Bikekwa ko umurambo we wari uhari kuva yaburirwa irengero.

Mbere y’urupfu rwe, Ged, amazina ye nyakuri ni Gerard, yari umutetsi w’abatoza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya impamvu ibihangage mu mupira w’amaguru kw’isi biri mu Rwanda (LEGENDSinRWANDA)

Rayon Sports yatangaje igihe Onana azagarukira mu kibuga nyuma y’imvune ikomeye yagize