in

Biteye agahinda: umubyeyi witeguraga kubyara yitabye Imana mu buryo butunguranye

Abantu bo mu witwa Maggy Wanjiru bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko uyu mubyeyi yitabye Imana mu buryo butunguranye, umwanya muto nyuma yo gukorerwa ibirori bizwi nka Baby Shower aho yari yatumiye inshuti ze bishimira umwana yitegura kwakira.

Maggy ni umubyeyi wari utuye mu mugi wa Kericho uherereye mu burengerazuba bwa Kenya hafi y’ikiyaga cya Victoria.

Maggy wari wishimye cyane yashyize amafoto y’ibi birori ku mbuga nkoranyambaga ndetse anereka inda atwite gusa yaje gupfa mu masaha make cyane yakurikiyeho.

Urupfu rw’uyu mubyeyi rwatumye benshi ku mbuga nkoranyambaga bavuga ibitandukanye ku birori bya Baby Shower ndetse bamwe bemeza ko uyu mubyeyi yarozwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

”Warakoze kunkunda ubuziraherezo Baby” mu magambo meza asize umunyu Lynda atomagije umukunzi we Zaba karahava

Mugabekazi Liliane yasutse amarira ubwo yabonaga Prince Kid arekuwe