in

Biratangaje cyane ntago Social Mula azi gutandukanya Mugisha na Rusine barajyanye i Muhanga

photographer

Umuhanzi Social Mula ntago azi gutandukanya Mugisha na Rusine nyamara barafatanyije gutaramira abantu i Muhanga.

Social Mula mu kiganiro yayiranye na The choice live nyuma yo gutaramira abantu batuye i Muhanga, umunyamakuru wa The choice live witwa Pundit cyangwa Peace maker yabajije uko yabonye Mugisha na Rusine,ariko abimubaza mu buryo bw’agatego,Pundit yabajije Mula ati:”waje uzanye n’abanyarwenya Patrick na Rusine mubanye gute” aho yaramubajije k’umuntu umwe witwa Rusine Patrick,ariko Social Mula rero yahise asubiza Pundit ko ari umufana wabo,kugeza ubu nta wariwamenya niba umunyamakuru Pundit yabajije Social Mula gutyo mu buryo bw’agatego cyangwa nawe yibeshye.

 

Social Mula yamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zitandukanye zirimo,Abanya Kigali,Kundunduro,Amahitamo,Ma vie n’izindi nyinshi zitandukanye.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbega ibyago:Undi mukinnyi ukomeye wa France avunitse mbere y’igikombe cy’isi

Inkuru y’inshamugongo kuri Davido ndetse n’abafana be n’abatuye isi muri rusange