in

Birasekeje: bitwaje intwaro kugirango bibe imigati

Muri Kenya mu gace ka Kasarari, abajura bitwaje imbunda bateze igico imodoka yari itwaye imigati barayicucura.

Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 21 Ugushyingo 2022, ubwo aba bajuru bategaga imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai isanzwe ikoreshwa n’uruganda rwa ‘Elliot’s Bakery’ rukora imigati.

Aba bajura bapakuruye imigati yose yari irimo, baka abashoferi telefone zabo n’amashilingi 21 000 bari bafite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gutsinda Argentina umwami wa Arabia Saudite akoreye akantu keza abaturage be!

Umunwa ku wundi: reba andi mafoto ushobora kuba utarabonye y’ubukwe bw’umukinnyi ukomeye wa Basketball mu Rwanda