in

Bimwe mu biribwa leta yashyiriyeho ibiciro bishya bikomeje kubura ku isoko

Muri Mata 2023 nibwo leta yashyize itangazo hanze rigena ibiciro bishya bya kawunga n’umuceri gusa guhera icyo gihe ibi bicuruzwa byatangiye kubura mu masoko ndetse bikomeza kugorana gukurikiza ibiciro Leta yari yashyizeho.

Nyuma yuko ibi biribwa bibuze abantu ntibasibye kwibaza impamvu yaba yarateye iri bura ry’ibi biribwa mu gihe gito, mu mboni z’abanyamakuru hagerageje kurebwa ibibazo byibazwa na benshi bikaba ari nabyo byatumye hadakurikizwa ibiciro ku isoko.

Ese haba hari abacuruzi batishimiye gahunda ya leta bigatuma babika ibi biribwa?

Kuba hari abacuruzi bari bararanguye ibicuruzwa byinshi mbere y’ihinduka ry’ibiciro ese bishobora kuba ikibazo ku isoko?

Ese haraza gukorwa iki kugirango abacuruzi bashyire mu bikorwa ibiciro bishya byagenwe na leta?

Na nubu ntago ibi biciro birakurikizwa ku masoko gusa bimwe mu bibazo nyibazwa hejuru biri mu biri gutuma ibi bicuruzwa bitamanuka ndetse bikanabura.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yooo! Ni igisore disi! Mu mafoto y’indobanure, ihere ijisho umwana wa Platin P bivugwa ko atari uwe yabyaye (AMAFOTO)

Mu rukanzu nk’urw’abageni kandi rukubura hasi! Rihanna ukuriwe yitabiriye ibirori y’imideri (AMAFOTO)