in

Bikira Maria yongeye kwigaragaza na none

Bikira Mariya nyina wa jambo wabonekeye i kibeho, yongeye kwigaragaza ariko yigaragariza muri kiliziya ya St Chalres Lwaga ahitwa Calabar mu gihuguy cya Nigera  nkuko byemejwe na padiri Evaristus Bassey.

Ni ishuhso ya Bikira Maria yabonywe n’abantu benshi ndetse si ukuvuga ko ari igikabyo kuko abantu benshi yewe harimo n’abatari aba catholic bayiboneye n’amaso yabo.

Evaristus Bassey yagize ati “kuri uyu wa gatatu tariki ya 22/06/2022, uwera akaba isugi mariya twamubonye mu kirere cyacu cya hano Lwanga ndetse si no kuvuga ko ari igikabyo kuko na pasiteri usengera muri protestant wari waje gusura mubyara we, nawe yaramubonye. akaba ari ishusho yabonwe n’abarenga 100”

Abantu bafashe amashusho ndetse na padiri afata iyo shusho ya Bikira Maria bakomeza kumusenga bamwiyambaza ngo aze afashe igihugu cya Nigeria.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gutera abantu impuhwe nawe byaguhira, umusore arashakishwa hasi hejuru ngo ahabwe akazi

Ngibi ibigutegereje niba ukunze kurwara umutwe ukabije