in

Bijou utarahiriwe n’ubukwe, yaciye amarenga ko ari mu rukundo n’umugabo nyamugabo – AMAFOTO

Munezero Aline wamamaye muri filime Bamenya nka Bijou, nyuma yo gutandukana n’umugabo we Lionel Sentore, yaciye amarenga ko ashobora kuba ari mu munyenga w’urukundo n’undi musore.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Bijou yasangije abamukurikira ifoto afatanye mu kiganza n’undi musore, maze arenzaho amagambo yateje urujijo.

Yagize ati “Shyingiranwa n’umugabo ushaka kuba umugabo nyamugabo, aho gushyingiranwa n’umugabo ushaka umugore gusa.

Iyi niyo foto yashyizwe hanze na Bijou maze yandikamo ayo magambo yaciye amarenga ko ashobora kuba ari mu rukundo n’umugabo nyamugabo
Bijou n’uwahoze ari umugabo Sentore

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yaratinze! Wa muntu ushushanya ibyamamare mu buryo busekeje, yitondeye ifoto ya Prince Kid na Elsa ayishushushanya bisekeje (Ifoto)

“Noneho ntureba ko uberewe” Ifoto ya Yolo the queen yambaye yikwije, ubwiza n’amataye imuha byatangaje benshi