in ,

Benshi batangaye! Umuhanzi Bruce Melodie yasabiwe n’umukunzi we gutwara Grammy Awards nyuma yo kubonaho Imana yamukuye -IFOTO

Benshi batangaye! Umuhanzi Bruce Melodie yasabiwe n’umukunzi we gutwara Grammy Awards nyuma yo kubonaho Imana yamukuye.

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje gucaracara ifoto y’ibyamamare bitandukanye gusa bose bagiye batangazwa n’uburyo umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye cyane ku izina rya Bruce Melodie yari amaze muri icyo gihe ari nabyo byatumye umukunzi we witwa agira ati:”Imana ni nziza kbsa Bruce Imana ikomeze imurinde mpaka abonye Grammy”.

Ifoto yatumye abakunzi ba Bruce Melodie bacika ururondogoro:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona iyi foto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yago ntabanga agira! Yago byamurenze avuga uburyo abatinganyi bari kumwibasira bashaka kumugwisha hasi – videwo

Imodoka yari itwaye inkwi izijyana mu kigo cya GS Agataramo muri Gatsata yageze ahazamuka inanirwa guterera ihita isubira inyuma ikora impanuka iteye ubwoba