in

Bari bakimuzirikiyeho, Umugabo wari wibye igitoki yazengurukijwe Bugesera yose ashungerewe n’abaturage benshi(AMAFOTO) 

Bari bakimuzirikiyeho, Umugabo wari wibye igitoki yazengurukijwe Bugesera yose ashungerewe n’abaturage benshi(AMAFOTO)

Uwitwa Ntirenganya jean baptistu wo mu karere ka bugesera mu murenge wa Mayange yazengurukijwe umurenge wose yikoreye igitoki bivugwa ko yari yakibye.

Mu gitondo cyo kuwa gatandatu mu masaha ya mugitondo nibwo uyu mugabo yazengurukijwe umurenge wose ari kumwe n’igitoki yibye.

Abaturage bakaba bataka ko barembejwe n’ubujura bukomeye buri muri aka gace dore ko nta muntu ucyeza imyaka cyangwa ngo agire icyo atunga hari n’ibintu byinshi biba mu nzu.

Gusa uyu mugabo asobanura icyamuteye kwiba avuga ko ari inzara yamurembeje dore ko we n’abana bane n’umugore inzara yari igiye kubatsinda mu nzu nk’uko yabibwiye yongwe Tv dukesha iyi nkuru.

Nubwo benshi bibira ingeso gusa uno mugabo yatakambye avuga ko nta kindi cyamuteye kwiba ari inzara nyinshi yari mu rugo rwe.

Reba video hasi.. 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko mujye mutinya amafaranga nibiyakomokaho: Isura y’umusore warongoye ikizungerezi ikomeje kuvugisha benshi (amafoto)

Uzamwibwira! Dore ibintu bizakwereka umuhungu uzakura akunda abagore(umuhehesi)