in

Bari baberewe pe,mu mafoto akeye irebere umushyushyarugamba ukunzwe n’abatari mu Rwanda asezerana kubana akaramata n’umukunzi we imbere y’amategeko

Umushyushyarugamba ukomeye mu Rwanda byumwihariko muri Bk Arena yasezeranye n’ikizungerezi imbere y’amategeko.

Kuri uyu wa Kane ku murenge wa Kicukiro, nibwo MC Brian na Gaelle Mpundu basezeranye imbere y’amategeko bemera kubana akaramata.

Shema Natete Brian amenyerewe mu bitaramo bitandukanye ndetse n’imikino iba yahuruje imbaga, yaba iyabereye munzu rusange nka BK Arena, kuri sitade z’umupira w’amaguru, mu mikino y’amagare nka Tour du Rwanda n’ahandi.

MC Brian na Gaelle Mpundu bari bamaze igihe bari mu rukundo, byatumye bafata umwanzuro wo kubana no gutangira urugendo rushya.

Gusaba no gukwa bizaba tariki 30 Ukuboza 2022 bibere kuri Down Serene Crest Kibagabaga.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Huye: Inkongi y’umuriro yahitanye umwana w’imyaka 3 abandi 2 harimo na mama we barakomereka

Hagati mu kabari babyina imbyino nyandagazi, abamansuriye mu ndirimbo yaririmbiwe Imana ya Vestine na Dorcas bakomeje kurikoroza(VIDEWO)