in

Bagabo mwigireho! Umugabo wo muri Rubavu atewe ishema no guheka umwana we nyuma y’uko umugore we ahitanywe n’ibiza

Bagabo mwigireho! Umugabo wo muri Rubavu atewe ishema no guheka umwana we nyuma y’uko umugore we ahitanywe n’ibiza.

Umugabo witwa Nteziyaremye Feza wo mu Karere ka Rubavu wasigaranye umwana w’amezi 6, atewe ishemo no kurera Umwana we.

Uyu mugabo yashimiye uko yafashijwe kurera uyu mwana nyuma y’aho umugore we ari nawe mama we ahitanywe n’ibiza byibasiye ako Karere mu minsi yashize.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi uri gukina hanze y’u Rwanda, yasoje shampiyona mu gahinda gakomeye cyane

Barabyaga indimi: Uwase Muyango yatumye abantu bacika ururondogoro kubera akajipo kagufi cyane yari yambaye kagaraza ikimero ke cyose (amafoto)