in

Bad Rama yakuyeho urujijo ku bibazaga niba Marina yaravuye muri The Mane

Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2023, imbuga nkoranyambaga zasakayeho inkuru ivuga ko umuhanzikazi, Ingabire Debolah ‘Marina’ yatandukanye na The Mane Music, ibyo Bad Rama yahakaniye kure, avuga ko impande zombi zikomeje akazi.

Bad Rama yagize ati “Oya! Marina ari muri Tour du Rwanda mu kazi, Marina ni uwacu yayivamo akajya he? Ni uwacu, akazi karakomeje.”

Muri iki gihe mu Rwanda hari gukinwa isiganwa ry’Amagare rya Tour du Rwanda 2023, Marina ni umwe mu bahanzi batoranirijwe kwamamaza bamwe mu bafatanyabikorwa b’iri rushanwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umuhanzikazi Teta Diana yo mu mwaka wa 1995 yatangaje abantu benshi

Abakinnyi ba Rutsiro FC bashyiriweho umurengera w’amafaranga ushobora gutuma bamara amezi arenga 2 badahembwa mu gihe batsinda ikipe ya Rayon Sports