in

Arava mu kibuga ajya gutoza: Mugiraneza jean baptiste ‘Migi’ wanyuze mu makipe atandukanye, hamenyekanye ikipe agiye gutoza areke gukina

Umusore wabiciye bigacika mu makipe akomeye hano mu Rwanda nka APR FC na Kiyovu Sports ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, ubu agiye guhagarika gukina umupira maze ajye kuba umutoza.

Migi utari ugifite imbaraga zihagije zo gukina, ubu amakuru dufite ni uko agiye guhagarika gukinira ikipe ya Police FC maze akajya gutoza ikipe ya Interface FC.

Interface FC ni ikipe y’abato ba Police FC, bivuze ko Migi azaba akiri mu bakozi ba Police FC, akazafatanya n’undu mutoza usanzwe uri gutoza interface FC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibasigana! Abakobwa bagize ‘Kigali Boss Babes’ batangiye weekend bigira kuryoshya – VIDEWO

N’akenda k’imbere mu muhanda: Inshoreke yari yagiye gushimisha umubiri mu rugo rw’abandi yatashye amaguru adakora hasi (VIDEWO)