in

Arashaka kuba uwa mbere: Rugaju Reagan byamusabye gusubira ku ntebe y’ishuri kugira ngo abe umutoza wifuzwa n’amakipe akomeye ku Isi -AMAFOTO

Arashaka kuba uwa mbere: Rugaju Reagan byamusabye gusubira ku ntebe y’ishuri kugira ngo abe umutoza wifuzwa n’amakipe akomeye ku Isi.

Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rugaju Reagan udahwema kugaragaraza ko akunda umwuga w’ubutoza yatangiye inzira yo kubishyira mu bikorwa.

Reagan yatangiye amahugurwa y’abatoza b’abana yo mu bwoko bwa License D akaba ari amahugurwa yitabiriwe n’abantu bagera kuri 49 akaba yarateguwe na Dream Team Academy kubufatanye na FERWAFA.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dukwiye kubasengera dushikamye! Abakinnyi 2 ba Rayon Sports ntibarimo gukorana imyitozo n’abandi kandi bari kubarizwa hano mu Rwanda

Ifaranga ry’Abarabu nawe agiye kurirya! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi yabonye ikipe nshya yo muri shampiyona ibarizwamo Cristiano Ronaldo