in

APR FC igiye kugura umufana ukomeye uzafatanya na Rujugiro gutitiza umujyi

APR FC igiye kugura umufana ukomeye uzafatanya na Rujugiro gutitiza umujyi

Mu ijoro rya cyaye nibwo kimwe mu bitangazamakuru bikomeye mu gihugu cy’uburundi cyagiranye ikiganiro na Nahimana Asina usanzwe ari umufana ukomeye wa Vital’O, uyu mufana yemeza ko ashobora kuba umufana wa APR FC.

Mu kiganiro uyu mu mama ufite izina rya Shanga yagiranye na Akeza Sports, yavuze ko amaze iminsi aganira n’ikipe ya APR FC kugirango abe umukunzi wayo. Uyu mufana yabengutswe na APR FC ubwo bari muri Mapinduzi Cup agakomeza gufana iyi kipe yo mu Rwanda nyuma yaho Vital’O yari imaze kuvamo.

Ikipe ya APR FC kugeza ubu ntacyo iravuga kuri iki kintu gusa isanzwe ifite abafana bakomeye hano mu Rwanda Kandi benshi barimo Rujugiro ndetse n’abandi batandukanye.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Maria Gahigi! Nyakwigendera yahawe icyubahiro n’abari muri stade bose -Amafoto

Ku Gisozi habereye impanuka ya Gaze