in

Anne Kansiime n’umugabo we baherutse kubyarana bagiye gukora ubukwe bw’agahebuzo.

Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru bliz.co.ug cyandikirwa muri uganda, aravuga ko umunyarwenya Anne Kansiime n’umugabo we baherutse kubyarana imfura yabo bagiye gukora ubukwe bw’agatangaza ndetse imyiteguro ikaba igeze kure. Iki kinyamakuru cyakomeje kivuga ko ubu bukwe buzabimburirwa n’umuhango wo kwerekana mu muryango umukunzi we Skylanta, baherutse kubyarana umwana w’umuhungu bise Selassie Ataho .

Aya makuru agiye hanze nyuma y’ibihuha byavuzwe ko muri weekend Anne Kansiime yagiye kugura impeta z’ubukwe kubera ahanini amafoto ye yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibitangaje wamenya ku mugore umwe rukumbi ku isi ufite imyanya ndangagitsina ibiri.

Amashusho ya niyonzima Olivier ( sefu) ari mu bihe byiza n’inkumi yavugishije benshi kuri Twitter (video)