in

Andi mashusho agaragaza ubwambure bw’umunyarwandakazi Lynda Uwamahoro yaciye igikuba muri Uganda

Imbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Uganda zikomeje gucaracaraho andi mafoto ndetse n’amashusho agaragaza ubwambure bw’umunyarwandakazi Lynda Uwamahoro uzwi nka Lynda Ddane w’umunyamakuru kuri radiyo ya K FM ndetse kandi akaba azwi mu kuvanga umuziki, nyuma y’andi aherutse kugaragara.

Nk’uko Exclusive ibitangaza, ngo aya mashusho yashyizwe hanze tariki 24 Mata 2023, binyuze kuri ‘Insta Story’ ya K FM bikorwa n’umuntu utaramenyekanye ngo kuko yari yahakinze uru rukuta rwa Instagram ya K FM.

Amakuru akomeza avuga ko Ddane hari umusore witwa DJ Bryan yagiye yoherereza amashusho yambaye ubusa bikarakaza umukire wamuguriye imodoka yo mu bwoko bwa BMW X3.

Nyuma y’amasaha make ibi bibaye, ku rubuga rwa Twitter rwa K FM, bahise bagaragaza ko binjiriwe bityo ko ubwo butumwa n’ayo mafoto by’uyu mukobwa ntaho bahuriye nabyo.

Si ubwambere byari bibaye kubera ko byaherukaga kuba tariki 13 Mata, uwashyize kuri Twitter aya mashusho wiyise amazina ya Lyndahddanenude yakangishije uyu mukobwa ko agiye gushyira hanze andi menshi yambaye ubusa nkuko byongeye kugenda.

Bwa mbere hagara amashusho y’ubwambure bwa Lynda Ddane
Amashusho ya kabiri yagaragaye agaragaza ubwambure bwa Lynda Ddane

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunnyi wa Rayon Sports yemeje umubare w’ibitego bagomba gutsinda Police FC yabanyagiye umukino uheruka wabahuje

Mutesi Jolly yahojeje amarira Platin watengushywe n’umugore we