in

“Amuteye indobo bari muri sitidiyo” Anita Pendo akurijeho Japhet Mpazimaka wari uziko yamutsindiye – VIDEWO

Umunyamakuru akanaba umushyushyarugamba, Anita Pendo, yatangaje ko atagikundana na Japhet Mpazimaka basanzwe bakorana mu kiganiro Magic Morning kuri Magic FM.

Ubwo bari mu kiganiro kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2023, Anita Pendo nibwo yatangaje ko atagikunda Japhet, bityo ahita amuha undi mukobwa bakundana, kandi ntabwo Japhet yemerewe kwisubiraho(guteza ingaru) nk’uko Anita Pendo yabivuze.

Reba videwo aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Aha ni mu mujyi wa Kigali gusa” Imiryango ibihumbi birenga 5 yo mu mujyi wa Kigali igiye kwimurwa ku bubi na bwiza

Menya impamvu yatumye Luvumbu agira umujinya w’umuranduranzuzi maze akawutura icupa ry’amazi – AMAFOTO