in

America : Yishe mugenzi we amuhoye ku murira ibiryo none bimuviriyemo gukatirwa imyaka 100 y’igifungo.

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Leta ya Virginia umugabo yishe mugenzi we bakoranaga amujijije ibiryo.

Ku wa kabiri, umushinjacyaha mukuru wa Fairfax County Commonwealth, yatangaje ko Bazn Berhe, ufite imyaka 25, ukomoka muri Alexandria, yakatiwe igifungo cy’imyaka 100 irimo imyaka 30 isubitse kubera icyaha cyo kwica yakoze muri 2021 yishe mugenzi we Hernan Leiva w’imyaka 58. amwiciye parikingi rusange, Berhe azamara yakatiwe kuzamara imyaka 70 inyuma yuburoko ndetse n’imyaka 30 isubitse

Bivugwa ko yemeye icyo cyaha cy’ubwicanyi bwo mu rwego rwa mbere mu Kwakira 2023. Abashinjacyaha bavuze ko Berhe yishe Leiva ku ya 17 Mata 2021, muri parikingi ya Target i Baileys Crossroads aho bombi bakoreraga.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo y’umunsi ! Uwase Muyango yahawe ikizami cyo kurira voka mu ruhame -AMASHUSHO

Ijoro ryahise byari ibyishimo gusa kubanye-Congo n’Abanyarwanda bari muri BK-Arena kubera ibitangaza Congo yakoze