in

Yanditse amateka bucece: Umukinnyi wa Rayon Sports yaraye yanditse amateka nyuma yo guhesha Murera igikombe cy’Amahoro

Umukinnyi ukomeye cyane hano mu Rwanda ukinira ikipe ya Rayon Sports yaraye yanditse amateka nyuma yo guhesha igikombe cy’Amahoro iyi kipe.

Ngendahimana Eric ukinira ikipe ya Rayon Sports yaraye atsinze igitego ikipe ya APR FC cyatumye Murera yegukana igikombe cy’Amahoro yari imaze imyaka igera kuri itandatu yose icyumva mu matangazo.

Uyu mukinnyi mu mwaka wa 2015 yahesheje ikipe ya Police FC igikombe cy’Amahoro atsinze ikipe ya Rayon Sports igitego kimwe ku busa nonone yongeye kubisubiramo ayihoza amarira atsinda ikipe ya APR FC igitego kimwe rukumbi cyatumye abakunzi ba Murera bararana ibyishimo bidasanzwe.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond Platnumz yakubitiye mu gafuka abandi bahanzi bagenzi be

Ishyano ryaraguye pe!: Hamenyekanye ibihugu bitanu ku Isi biri kwisonga mu kugira urubyiruko rwishimira kuba ari abatinganyi