in

Amashusho y’urukozasoni y’umugore bivugwa ko ari umu-ADEPR aryamanye n’umushoferi we, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye

Amashusho y’urukozasoni y’umugore bivugwa ko ari umu-ADPR aryamanye n’umushoferi we, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gushya kubera amashusho y’umugore uba aryamanye n’umugabo bivugwa ko atari uwe.

Amakuru ahari avuga ko abo bombi baba mu karere ka Muhanga, aho uwo mugore asanzwe ari umuyoboke w’idini rya ADEPR.

Amakuru akomeza avuga ko uyu mugore yabwiraga umugabo we ko agiye gusenga i Kanyarira ni uko agahita ajya kwirebera uyu mugabo baba baryamanye bivugwa ko asanzwe ari n’umushoferi we.

Ayo makuru yose ni ari ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye aho ukuri kw’aho ayo mashusho yaturutse kutari kwamenyekanye.

Nubwo ayo mashusho bitari byamenyekana aho yaturutse, hari andi makuru avuga ko uyu mugabo ari we wayasohoye nyuma yo kwaka uyu mugore miliyoni 8. Ngo uyu mugabo yasabye uwo mugore miliyoni 8 kugira ngo adasohora ayo mashusho ni uko umugore abona miliyoni 5 gusa biranga amashusho ajya hanze.

Aya makuru yose ni ari kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga ba nyiri ubwite ntibari bagira icyo babivugaho. Haramutse hari andi makuru mashya kuri ayo twazayabamenyesha mu nkuru yacu itaha.

 

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari inshuti ya bose! Benshi bashenguwe n’inkuru y’inshamugongo y’uko umutoza Coka yitabye Imana

Tekereza uri mu cyumba cyijimye cyane, kidafite urugi n’idirishya. Wavamo gute? (Igisubizo)