in

Amashusho y’urukozasoni Neymar yatse ukina filime z’urukozasoni yatumye atandukana n’umukunzi we bari bamaze ukwezi kumwe bibarukanye

Amashusho y’urukozasoni Neymar yatse ukina filime z’urukozasoni yatumye atandukana n’umukunzi we bari bamaze ukwezi kumwe bibarukanye.

Neymar n’umukunzi we Biancardi bamaze gutandukana.

Impamvu yo gutandukana kwabo ni ukubera amashusho y’urukozasoni uyu musore yasabye.

Amakuru avuga ko Neymar yasabye umukinnyi wa Filime z’urukozasoni kumuha amashusho yambaye ubusa.

Nyuma yo gusaba ubwo bwambure, umugore we bari bamaze ukwezi babyaranye yaje kubimenya ahita atandukana na we byihuse.

Si ubwa mbere uyu mukinnyi ukomoka muri Brazil avuzweho ibintu nk’ibyo byo gushimisha umubiri.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bobo
Bobo
7 months ago

Izi ngo z’aba bantu bivugwa ngo ni ibyamamare, akenshi ubanza ziba zubatse mu manegeka kuko agakubise kose umwanzuro uba gusenyuka/gutandukana; ubu se iki kibondo kizize iki kuvutswa uburenganzira bwo kurerwa n’ababyeyi bombi?hahahahah

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul uherutse kwibasira Mutesi Jolly yageze mu rukiko yambaye imyenda y’abagororwa

Akarere ka Ruhango kemeje ko kajyanye abanyeshuri bigaga mu kigo cy’umunyamerika Nsengiyumva Abdul mu bindi bigo byo muri ako Karere birimo na Es Sainte Trinité