in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Amashusho y’umugome umupasteri yakoreye abayoboke be ngo arimo kubakiza ibyaha.

Ku mbugankoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho agaragaza ubugome uyu mupasteri yakoreye abayoboke be aho abahondaguza umukandara ku bibuno bubitse inda avuga ko arimo kubakiza ibyaha.

Uyu mupasiteri yazengurutse mu bayoboke be abakubita akoresheje umukandara, avuga ko yasizwe amavuta n’Imana kandi ko akiza ibyaha, aho abandi bayoboke baba baririmba indirimbo zo guhimbaza abandi bakubitwa baryamye bubitse inda.Iyi videwo yarakaje abantu benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga, bagaya iyi myitwarire y’uyu wiyita umukozi w’Imana agasuzugura abantu bene aka kageni.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tiwa Savage arashyize agira icyo atangaza kuri ya mashusho y’urukozasoni ye.

Miss Naomie n’abandi ba Miss bambariye mugenzi wabo wakoze ubukwe baririmbiwe na Mico The Best (video)