in

AMASHUSHO :Umukobwa yahuye n’ibyago bikomeye nyuma yo gusabwa n’umukunzi we kwibagisha amazuru

Rimwe na rimwe bidusaba kwigira ku makosa y’abandi kugirango ubutaha ibyabaye bitubere impamba y’urugendo mu buzima.

Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria yarize ayo kwarika avuga uburyo umusore bakundana yamuteye ubwoba amubwira ko natibagisha amazuru ngo ayagire nka ya Michael Jackson bazahita batandukanye ,cyane ko ngo yari afite ngo amazuru umuhungu atishimiye.

Umukobwa utarashakaga kubura umusore yahise ajya kwibagisha amazuru mu gihugu cye cya Nigeria ,icyakora kubw’amahirwe macye ntibyagenda uko babishakaga ahubwo amazuru ye arahengama ndetse akaba avuga ko ari mu buribwe bukabije.

Icyakora hari abavuze ko uyu mukobwa yaba ari kubeshya cyane ko ngo yaba yakoresheje iby’itwa filter bihindura isura y’abantu ikaba mu buryo bayishakamo .

REBA HANO AMASHUSHO UMUKOBWA ARI KUBARA INKURU Z’UKO BYAGENZE

Written by Twahirwa Issa

Migihe ugize ikibazo kunkuru yajye wampamagara kuri :

0788861099

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo abaturage bariye karungu nyuma yaho umusore wo muri ako gace ubuyobozi busenye inzu yubakiye nyina maze ahita yiyahura

Dj Briane yandagaje abagore bose biyumanganya iyo bageze mu rundi rugo