Dj Briane umenyerewe cyane mu gususurutsa abantu mu bitaramo no kuvanga imiziki itandukanye (DJ) ahishuye ibanga riba hagati y’umubyeyi n’umwana.
Briane yagarutse cyane ku mubyeyi ukingira ikibaba umwana we Kandi agomba kumugira intama y’ukuntu urugo rwubakwa akareka gukomeza kubihishira.
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Irene Murindahabi yagize ati: “abo bakobwa banyu mwabyaye ni abagore bagenzi banyu numuganirira ujye umumbwira uti bigenda bite nawe akubwire uko bigenda kuko ngo harigihe ashobora kuba jajyiye ku muryango we mu rugorwe nt’amahoro ahari”