in

Amakuru mashya ku mvururu zabereye kuri sitade bikarangira Bekeni wa Etincelles FC avushije amaraso Aboubakar wa Marine FC

Ku munsi w’ejo hashije nibwo umutoza Bizimana Abdou uzwi nka Bekeni usanzwe ari DTN wa Etincelles FC yatawe muri yombi na RIB nyuma yo gukubita umutwe Team Manager wa Marines FC akajyanwa kwa muganga.

Hari mbere y’uko umukino utangira w’abato hagati ya Etincelles na Marines utangira kuri uyu wa gatandatu ushize.

Gusa kugeza ubu amakuru YEGOB yamenye n’uko impande zombi zamaze gusabana imbabazi nk’uko Etincelles FC yabinyujije mu itangazo isohoye muri aka kanya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo yanyuma Pasiteri Ezra Mpyisi yatangaje mbere y’uko yitaba Imana

HEROES DAY! Ikipe ya APR FC yeretse Musanze FC ko nta mwana usya ahubwo avoma