in

Amakuru mashya ku mvune ya Pitchou wavunwe na Muhire Kevin mu mukino wahuzaga APR FC na Rayon Sports

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko imvune Nshimirimana Ismael ‘Pitchou’ yagiriye mu mukino wayihuje na Rayon Sports idakanganye cyane.

Ati “Ku bw’amahirwe, imvune ya Pitchou ntabwo yari ikomeye, kuri ubu ameze neza kandi aritegura gusubukura imyitozo ejo ku wa kabiri.”

Muhire Kevin wa Rayon Sports niwe wavunnye Pitchou, mu mukino warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibibi bya Lipsticks abakobwa benshi batazi kandi baziko baba bari kwisiga utuntu twiza

“Narindyamye ariko mbonye iyo kariso mita nkanguka” Umukinnyikazi wa filime uzwi nka Natasha ukina muri My Heart yiyeretse abakunzi be kuva ku ino kugeza ku myenda y’ibanga maze batangira kumugira ikiganiro -IFOTO