in

Amakuru atari meza ku muhanzi Cyusa n’umukunzi we bakanyujijeho

Umuhanzi Cyusa Ibrahim uzwi mu ndirimbo gakondo biravugwa ko yaba yaratandukanye n’umukunzi we Jeanine Noach bakanyujijeho mu rukundo.

Cyusa na Jeanine Noach bari bamaze umwaka urenga bakundana aho banavuzwe cyane mu itangazamakuru mu Rwanda.

Kuva mu 2021, urukundo rwa Cyusa na Jeanine Noach rwari rwatangiye mu ibanga rwakajije umurego, bigeze mu bakunzi b’imyidagaduro babatera imijugujugu.

Ababateraga imijugujugu bashingiraga ku kuba umukunzi wa Cyusa yaba amuruta cyane ndetse bamwe bagahamya ko uyu musore yishakira visa imwambutsa akajya gutura iburayi aho uyu mugore asanzwe atuye.

Gusa kuri ubu biravugwa ko urukundo rw’aba bombi rwamaze kurangira.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: umugabo yatunguranye ajya gushyingura aherekejwe n’abakobwa bambaye amapantaro ateyeho igitsina cy’abagabo

Inkuru mbi ku bakunzi ba King James n’umuziki we