in

Amakuru atari meza ku bakunzi b’umunyamakuru ukomeye wa RBA Kwizigira Jean Claude

Umwe mu banyamakuru bakunzwe cyane mu rubuga rw’imikino rwumvikanira kuri Radio Rwanda, Kwizigira Jean Claude ni umwe mu barimo kogeza iki gikombe cy’isi kirimo kibera muri Qatar uyu mwaka.

Kwizigira Jean Claude mu ijwi rye yivugiye ko iki aricyo gikombe cy’isi cya nyuma arimo kogeza ubwo yari abitangaje nyuma y’aho arimo abwira mugenzi we Rugangura Axel wari waravuze ko iki gikombe cy’isi kizasanga afite umugore ariko kugeza ubu akaba ari nta nagahunda ya vuba aha.

Kwizigira Jean Claude ni umwe mu bafite ijwi ryiza ndetse rikunzwe cyane akaba azatangaza ibyo azerekezema mu gihe Kiri imbere dore ko 2026 atazaba acyogeza igikombe cy’isi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: umunyamakuru yatawe muri byombi nyuma yo kurwana inkundura n’undi mugabo

Niba ugira izi ngeso uri umuntu w’itsinagore kakubayeho