in

Amakuru atari meza habe na gato asohotse nonaha ku bakunzi b’inzoga bari bari kubyinira ku rukoma ngo zagabanyutse

Uyu munsi ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hasakaye ibiciro bishya by’inzoga zengwa n’uruganda rwa Bralirwa.

Ibyo biciro byari bigoye kumenya aho byaturutse kuko ku miyoboro inyuzwaho amatangaza ya Bralirwa nta ryari ririho.

Kuri ubu amakuru ahari ni uko Bralirwa yavuze ko itigeze ihindura ibiciro by’inzoga nk’uko byiriwe bizenguruka.

Ni mu itangazo yasohoye ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo zigiye zitandukanye.

Itangazo rihakana guhindura ibiciro
Ibiciro bishya byiriwe bizenguruka ku mbuga nkoranyambaga kandi ari ibihuha

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa barabasariye! Abasore 5 bo mu myidagaduro nyarwanda bakundwa n’abakobwa – AMAFOTO

Amakuru atari meza kuri Hamisa Mobeto wahoze akundana na Diamond