in

Amakuru agezweho mu mikino: Umukinnyi w’umunyamahanga wahembwaga akayabo muri APR FC yabonye ikipe nshya

Amakuru agezweho mu mikino: Umukinnyi w’umunyamahanga wahembwaga akayabo muri APR FC yabonye ikipe nshya.

Umunya Cameroon Salomon Charles Banga Bindjeme wakiniriga ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC yamaze kubona ikipe nshya yitwa Al-Shorta SC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Iraq iyi kipe kandi irakomeye cyane dore ko iri kumwanya wa kabiri muri Iraq Premier League.

Myugariro Salomon Charles Banga Bindjeme utabonaga umwanya uhagije mu ikipe ya APR FC ubu yamaze kugera mu gihugu cya Iraq aho agiye gukinira ikipe ye nshya ya Al-Shorta SC yamuguze imukuye muri APR FC.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwegure bwa Eto’o Samuel bwatewe utwatsi na Fecafoot

Umuherwe yikuye miliyoni 10 aziha ikipe y’igihugu ya Nigeria